Abacuruzi b’Abanyecongo bagera kuri 10 bafungiwe mu Burundi…

0
99
Gatumba ku mupaka w’u Burundi na Congo.

UVIRA, CONGO –  Abacuruzi b’Abanyecongo basanzwe bacuruza amatungo hagati ya Gatumba na Uvira bari mu maboko y’inzego z’u Burundi zishinzwe iperereza no kurwanya igiturire kuva kuri uyu wa kane.

Nk’uko yabibwiye abanyamakuru, Bulangalire Bitakirwa ushinzwe amakuru mu biro  by’ubucuruzi bya COMESA i Kavinvira, ngo aba bacuruzi bagera kuri 10 bafashwe igihe baribavuye kurangura inka ndetse n’andi matungo magufi bavanye i Burundi.

Bitakirwa avugako kugez aubu bavuganye n’ubuyobozi bw’Uburundi ariko bakabasubizako imyanzuro iva hejuru.Arashinja kandi Uburundi kuva bwarahagaritse kuva muri 2013 umubano ushingiye kubucuruzwi bw’imipaka hagati y’ibi bihugu byombi, umubano watangiye kuva 1976.

Kugeza ubu inzego za Congo zubuyobozi bw’intara bwamaze kumenya ikibazo caba bantu baffahswe ariko ntaco ubuyobozi burakivugaho kugeza ubu .

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here