Abantu babiri baburiwe irengero mu gace ka Kala i Buvira

0
251

UVIRA, SUD-KIVU –   Abantu babiri barimo umushoferi utwara i kamiyo(Camion), hamwe numu konvayeri nibo batetswe n’abantu bitwara kibandi bataramenyekana kugeza ubu.

Ibi bikaba byabereye mu gace ka Kala muri Uvira mu ntara ya kivu yamajepfo ku munsi wa kane .

Ibi byabereye mu birometero 10 na gace kubucuruzi ka Mulongwe,amakuru atugeraho avugako aba baagizei ba nabi babanje gusahura imodoka ndetse no kunyaga abagenzi nyuma baza gushimuta uwarutwaye iriya modoka kugeza ubu bakaba baraburiwe irengero.

Sosiyete sivile ikorera Uvira , ivugako itewe impungenge n’umutekano mukeya ugenda ugaragara kwibarabara rizwi  nka route nationale n°5 .

Hashize amayinga abiri gusa minisitiri wumutekano mu ntara atgetseko bariyeri ziri kwibarabara Bukavu=Uvira zakurwaho kuko zibangamira abagenzi ndetse n’umutekano wakarere.

 

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here