Abantu bitwaje imbunda barashe umwarimu umwe ahitwa Mabuga mu Bijombo…

0
127

BIJOMBO, SUD-KIVU –  Abantu bitwaje imbunda bateye agace kitwa Mabuga muri gurupema ya Bijombo mwizone ya Uvira ku munsi wejo wakabiri 16/1/2018.

Amakuru atugeraho avugako hakomeretse umwalimu umwe wigisha ku kigo camasomo abanza ca Mabuga ndetse nundi muntu umwe wakomeretse ubwo abaturage bahungaga .

Umwe mu bayobozi binzego zibanze , yabwiye Imurenge.com ko abaturage aribo basubije inyuma aba bagizi ba nabi.

Abantu bitwaje ibirwanisho bamaze kuba benshi muri Bijombo, mu gihe inzego za leta zitahagurukira iki kibazo ngo hafatwe ingamba mu kurinda umutekano wabantu n’inyabo, ibintu byarushaho kuba bibi

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here