MINEMBWE, CONGO – Abaturage bo mu Minembwe barashimira ishirahamwe UGEAFI ku imirimo myiza ndetse n’ubwitange ikomeje kugaragaza.
Mu minsi mike ishize nibwo ishirahamwe UGEAFI rwarangije igikorwa ryari rimaze mo co kubaka ikiraro ca Rwiko gihuza Gakenke na Minembwe. Abantu benshi babura ga aho banyura mugihe uruzi Rwiko rwuzuye.
Abanafunzi benshi baburaga aho banyura baja kumasomo mugihe uru ruzi rwuzuye, ariko kuri none barashimiri UGEAFI kuba yabubakiye iki kiraro
REBA VIDEO