Mu gihe isi yose yizihiza ivuga rya Yesu Kirisito wacunguye isi yose, abatuye mu karere kimisozi miremire nabo bizihije uyu munsi mukuru bivugwako wizihizwa hose kwisi.
Uko iminsi igenda ninako uburyo bwo kwizihiza uyu munsi mu karere kimisozi miremire bigenda bihinduka, aha twavuga nkuburyo abantu bawizihizaga kera bitandukanye nubu kubera kenshi ibibazo akarere karimo kumutekano mukeya.

Imurenge.com yanyarukiye mu mihana itandukanye ku munsi wejo wiyinga ndetse nuyu munsi wakazirimwe kugirango turebe neza uburyo abatuye aka karere bizihije isabukuru yivuga rya Yesu.

Imwe mu mihana nka Ilundu, Kiziba ndetse na Runundu twabashije kugeramo abaturage bitabiriye nubwo imvura yabanje kubavangira batashe ihise bose barongera baragaruka.

Bimwe mu bibazo bigenda bigaragara mu karerer ni ikibazo cinyubako zamakanisa zikirintoya aho usanga abantu aribenshi bigatuma imikutano ibera hanze, aha imvura iyo iguye bafata akaruhuko yahita bakongera bakagaruka.
Amateraniro yejo niyinga ndetse nuyu munsi wakazirimwe, ubutumwa bwari bumwe mu makanisa yose ni ugusengera igihugu n’akarere kugirango Imana ikomeze kurinda abahatuye ndetse n’igihugu muri rusange.
Tubibutseko amadini atandukanye hateraniye ahatandukanye, Catholic yasengeye.