SUD KIVU, UVURA:- Mw’ivile ya uvira umuntu umwe yaraye arashwe ahasiga ubuzima undi arakomereka mw’ijoro ryo kur’aka Gatatu rishira n’Akane.
Hari mu gihe c’isaha zine z’ijoro muri commune ya Mulongwe igihe humvikanaga amasasu menshi bivugwako yarashwe n’ingabo za leta hamwe na polisi mu gihe bahuraga n’abibyi bitwaje intwaro.
Kubwa Capitaine Dieu Donné Kasereka, uvugira ingabo muri opération sokola II du Sud-Kivu, aba bajura bagera kuri 6 bari bafite umugambi wokwiba mur’iyo quartier maze kubw’amahirwe make umwe ahasiga ubuzima.

Mur’ico gihe muri commune ya Kavimvira umusore waruvuye kugurira umudamu we imiti kwa muganga yarashwe n’ingabo za Reta bamwitiranije n’umujura har’igihe c’isaha zine, akaba yakomeretse ariko ntiyahasiga ubuzima.

Kubwa Kiza Tiniko, uyoboye urwego rw’abasore muri commune Kavimvira, asaba leta gukurikirana abo basirikare barashe uwo muturage kuko ngo bigaragarako ntabumenyi buhagije bafite mukurinda umutekano w’abaturage nibyabo.
Ntibyarekeyaho kuko mu gihe c’isaha imwe y’iri joro ry’aka Gatatu muri centre ya kiliba, quartier hongero, mu birometero 17 n’ivile ya uvira, umusirikare wa leta ufite garade ya sergent major yarashwe yitab’Imana.
ikigikorwa cakozwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana. Territoire ya Uvira yagiye irangwamo n’ibikorwa by’ubwibyi n’ubwicyanyi, impande zitandukanye zagiye zitungwa agatoki harimo n’inzego zishinzwe ukutekano, gusa inzego z’umutekano zikomeje guhumuriza abaturage zibabwira ko zihari k’ubwabo.