Azarias Ruberwa ku meza y’ibiganiro na Nyamugabo Claude uyoboye intara avukamo…..

0
132

KINSHASA ,RDCONGO –  Minisitiri wa leta ushinzwe kwegereza abaturage ubushobozi,Me Azarias RUBERWA MANYWA, yagiranye umubonano na Claude NYAMUGABO guverineri w’intara ya kivu yamajepfo.

Kuri aka kane ku minsi 10.05.2018,nibwo aba bagabo bombi bagiranye ibiganiro, ibi biganiro byabereye ku biro by’a minisitiri Azarias Ruberwa biri mu nyubako ya hôtel du Gouvernement ibarizwa muri komune ya Gombe mu muji wa Kinshasa.

Ikiganiro caba bagabo c’ibanze cane kuri gahunda yatangijwe yo kwegereza abaturage ubushobozi n’unubyobizi mu ntarara ya kivu yamajepfo.

Kugeza ubu ariko iyi gahunda nubwo yatangijwe na minisitirir Ruberwa , abarebera hafi politike yakarere kiburasira zuba bwa Congo basanga iyi gahunda igoye kugerwaho mu gihe iyi ntara arimwe mu ntara zivugwaho umutekano mukeya ndetse no kutavuga rumwe kwabaturage bayituye kenshi usanga ihora mu ntambara zishingiye ku moko.

 

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here