Ibeyi ry’ibyokurya abanyabukavu bakunda ryapanze kubera iminsi mikuru

0
200

BUKAVU, SUD-KIVU – Mu gihe iminsi mikuru isoza umwaka yegereje, umuceri nk’ikiribwa cambere i Bukavu kiri kugenda kizamuka mu biciro kuburyo budasanzwe.

Ugeze ku masoko nka Nyawera na Feu Rouge uhasanga izamuka ry’ibiciro by’umuceri bihanitse, aho usanga agafuka ka 25kg karigasanzwe kagura 17 na 21$ ubu kokaragura 28 na 29$.

Umuji wa Bukavu…

Si umuceri gusa amavuta yamamesa akunzwe nabanyecongo benshi yavuye kuri 7500fc  ubu ageze kuri  9000fc.

Ikiro kimwe c’isukari carigisanzwe kigura amafaranga 15000cf uyu munsi kiri kuri 16000fc.

Bamwe mu bikundira ibinyobwa by’inkangaza nabo bemejeko ibiciro byazo byazamutseho.

Abaguzi benshi baritotombera izamuka ryibiciro mu gihe nubundi hakiri kibazo c’ifaranga rihagaze nabi doreko idorali ry’abanyamerika 1 rigihagaze hagati ya 1600 na 1630fc.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here