Imwe mu mirimo yaranze Nyakwigendera Rev. Pasiteri Kamburishi…

0
247
Rev. Pasiteri Mutabazi Kamburishi witabye Imana.

KIGALI, RWANDA – Pastor Kamburishi ni umugabo wakoreye Imana, ari mu abagabo bafashwe muri uwamusho (ububyutse) bwa mbere Imurenge kugeza nubu yaragikomeje.

Niwe watekereje kw’ijambo Milele na Milele riramusiga abaza Imana ngwese Milele tuzabana nawe nta kurambirwa, ni bite, ni gute iteye?

Bukeye yahuye inka gato ngo zije kurisha aja ahantu gato arapfukama ngo asenge ashima Imana buke kugira ngo ayiragize uwo munsi, burira buraca ayishima, atera amina umunsi ukirikiye ho.

Yaje kwitera hejuru asanga ari nkaya masaha (undi munsi wageze), murugo rwe bamubaza iyo yaraye ababwira ko yari yahuye inka. Murugo bamubwira yuko yagiye ejo hashize biramuyobera kuko we yumvaga ko aribwo yari akigenda maze nyuma yaho aza kubaza Imana. Imana iramubwira iti:

Kuko utamenye uko amasaha yahoze agenda niko MILELE utazamenya uko igenda. – Ijwi ry’Imana –

Imurenge.com, turakomeza tubageza ho imirimo ye yagiye akora.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here