UVIRA, SUD-KIVU – Abantu bagera kuri batatu nibo basize ubuzima mu bushamirane hagati y’ingabo zigihugu FARDC n’inyeshamba zabarundi za FNL.
Iyi ntambarayamaze amasaha 2 yabereye kuri Kiliba mu kibaya ca Rusizi ahagana mu rukerera uyu munsi wakazirimwe.
Umuyobo w’ingabo mu gace ka Kiliba yatangajeko abantu ba 3 aribo bahasize ubuzima kuruhande rwa FNL mu gihe kuruhande rwa leta ya congo ntanumwe wahasize umutwe.
Izi nyeshamba zambutse Rusizi zigabiza imirima yabaturage, zishaka uburaro, amakuru avugako zabashije guhunga zose zisiga imizigo yibyokurya zarizamaze gusahura.
Daniel RUHANIKA, umuyobozi wumuhana wa Kiliba yemeje aya makuru ndetse avugako imirambo 3 ubu iri ku biro bye aho bitegerejweko iza gushingurwa mu masaha arimbere.