WASHINGTON, USA – Ibiro bya perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, white House, byanze kigira ico bitangaza ku munsi wejo ku bijanye n’amakuru avugako perezida Donald Trump ashobora kuzasubiza ibibazo by’umucamanza wigenga Robert Mueller ku manyanga ya Trump n’abantu be bahafi baba barakoranye n’abarusiya mu matora ya 2016.
Umucamanza Mueller, yabaye wigeze kuba umukuru wa FBI, aheruka guhana bamwe mu bayoborana na Trump barimo umuyobozi w’ingabo Gen Michael Flynn, wigeze kuba umujanama wa Trump mu b’yumutekano mu gihugu imbere.
Amakuru dukesha The Washington Post , avugako uyu mucamanza ashobora kuzabaza perezida Trump ibibazo mu minsi irimbere nubwo kitavuze aho bazabonanira ndetse n’igihe bazobonanira kikaba kitavuzwe.