KINSHASA: Abasore benshi babanyecongo bambaye ibirwanisho gakondo bitandukanye birimo ,inkoni , ibibando n’ibindi bikoresho bitandukanye, bateye isoko(supermarché) ikomeye yitwa SHOPRITE ubusanzwe rikaba ari ryabanyafurikayepfo.
Ahagana ku gica munsi c’ejo nakane ku minsi 5/9/2019, nibwo aba basore biganjemo abakiribatoya bateye rino soko , intego yabo ngo bakaba kwarukwamagana ibirimo bikorewa abanyamahanga barimo abanyecongo mu gihugu ca Afrika yepfo.
Kubwamahirwe ariko ababasore ntabwo babashije kwinjira muririno soko kuko police y’igihugu mu muji wa Kinshasa yabamenyemo ibyuka bihumanya amaso,(gaz lacrymogènes). Abantu bagera kuri 16 nibo police yabashije guta muriyombi ariko police ikaba yatangarije ACTUALITE ko nihaza kuba agahenge baza kurekurwa.
Shoprite, ni isoko rinini cane rifite amashamyi mu bihugu bigera kuri 10 harimo na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Si aho honyine gusa kuko kumunsi wejo wakane kandi i Libumbashi muri Katanga habereye imyigaragambyo imbere y’inyubako ikorerwamo imirimo ya ambassade ya Afrika yepfo ( consulat Sud-africain).
Ibi bibaye mu gihe igihugu ca Repubulika iharanira demokarasi ya Congo camaze gufunga ambasade yaco muri Afrika yepfo biturutse kwiyica rubozo ririgukorerwa abanyecongo batuye murikino gihugu.