Ubusanzwe mu Minembwe habarizwaga isoko rimwe rukumbi ry’agatanu, akaba ari isoko rirema rimwe mw’ iyinga gusa abaturage bakaba bishimira agasoko gato bungutse kabafasha mu guhaha imboga n’ utundi tuntu nkenerwa m’ ubuzima bga buri munsi.
Abaturage baganiriye na imurenge.com barishimira agasoko gato karema buri munsi abaturage bungutse nyuma yaho bigaragariye ko isoko nkuru ya Minembwe kuba irema rimwe gusa mw’ iyinga bidahagije.
Umwe mu baturage yagizi ati ” mbere washoboraga kuba wakenera utuntu nkenerwa mu buzima bga buri munsi ukatubura kandi ufite amafaranga ariko kur’ ubu akagasoko kadufatiye runini.
Mu mafoto nguko uko ako gasoko kaba kameze.