MUTALURE, SUD-KIVU – Mu gihe harihamaze iminsi hari agahenge, mu kibaya ca Rusizi hakunze kuba hari aborozi benshi baragiriyeyo, uyu munsi wakane mai mai yongeye kunyaga inka 9 ndetse zikomeretsa umuntu umwe.
Amakurua tugeraho avugako mai zaje ku gicamunsi zisanga aho abungeri baragiriye bashorera inka, mu gihe bageragezaga kuzitambika mai-mai yarashe umwe mu baturage barihariya ukomoka mu gihugu cuburundi witwa Habona akaba yakomeretse.
Umwe mubaturage waganiriye ku murongo wa telefone ntabwo yarafite icizereko izi nka zongera kuboneka nubwo bagerageje kuzikurikira doreko zagiye mu masaha ya saakenda zahariya.
Abungeri barasabwa kuba maso ndetse n’abashinzwe umutekano mu gihe nk’iki ciminsi mikuru.