MINEMBWE, SUD-KIVU:- Amavuriro agera kuri atanu harimo n’ibitaro bikuru bya Minembwe yahawe imfashanyo y’ibikoresho bitandukanye byo mu bitaro harimo n’imatela, uyu munsi W’Iposho, ku minsi 20/06/2020.
Ishirahamwe ry’abaganga b’Abanyafrika “Médecins d’Afrique» bakaba batanze iyi nkunga murwego rwo gufasha abarwayi, ndetse no korohereza abaganga kuvura bamenye ubwoko bw’indwara bavura.
Bamwe mu baganga bakorera ku bitaro bikuru bya Minembwe ndetse n’umuganga mukuru ubayoboye bashimiye ishirahamwe (MDA), ryatanze iyi mfashanyo kuba ryatanze iyi nkunga y’ibikoresho.
Tegera ikiganiro kirambuye, uko aba baganga bakorera ku bitaro bitandukanye byo mukarere ka Minembwe bakiriye iyi nkunga.
BRAVO MEDECINS D’AFRIQUE ! Bakoze cyane gufasha ibitaro kubona ibikoresho bikenewe mugihe abaturange ba Minembwe musanaho mwatereranwe! Imana ibaze umugisha rwose abarihafi na kure turabashimiye cyane.
Dushiye cyane kandi Abakozi mwitangira gufasha Abaturange muribi mihe bigoye , namwe Imana ibahe umugisha kandi mukomeza guchunga neza ibyo bikoresho muhawe, bituma abaterankunga barushaho kubizera no gukomeza ubufatanye nwe.
ASANTI RWOSE.
Ubufatanye namwe, plz!.