Ministre w’Ubwongereza, Theresa May yahakanye ibivugwa kuri Perezida Trump ko arwaye mu mutwe…

0
126

LONDON, ENGLAND – Ku minsi 08/01/2018 Theresa May, minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yahakanye ibyatangajwe n’abanyamakuru mu gitabo Fire and Fury: Inside the Trump White House, bivuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaba afite uburwayi bwo mu mutwe.

Ministre w’Ubwongereza, Theresa May…

Imbere y’abanditsi n’abanyamakuru, Ministre Theresa May yavuze ko atemera na gato ibivugwa n’itangaza makuru ku byerekeye Perezida Trump ko yaba afite uburwayi bwo mu mutwe. Theresa yavuze ko ahubwo we abona ko Perezida Trump akora ari ibigamije guteza imbere igihugu ce.

Tubibutse ko igitabo Fire and Fury: Inside the Trump White House, cagiye kigaruka ku buzima bwa Perezida Trump ndetse n’umuryango we. Iki gitabo kikaba gikubiyemo ubuhamya bwatanzwe na bamwe bahoze ari abajanama be bwite, aha twavuga nka Steve Bannon wigeze kuba Umujanama wa Trump mu bijanye n’ibikorwa.

Tubibutse kandi ko iki gitabo canditswe na Michael Wolff nawe wakorana ga na Perezida Trump mu biro bikuru bya White House. Iki gitabo cashizwe hanze nagatanu ku minsi 29/12/2017 iyinga rishize.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here