Murindangabo Paul araburira benewabo b’abanyecongo abicishije mu Gitabo yanditse…

0
110

Murindangabo Rwinikiza Paul, imvukire yo muri Republika Iharanira Demokrasi ya Congo abicishije mu gitabo yanditse araburira abanyecongo muri rusange cane cane ubwoko bw’Abanyamurenge, bene wabo bahuje ubwoko.

Nkuko yabisobanuye n’iyinga ku minsi 18/03/2018, ubwo yamurikaga ico gitabo ce gisha, yemeza ko ihishurirwa yarihawe ubgo yari mw’ihuduma mu mwaka wa 2013. Imana ibicishije mu byanditswe byera, maze imuha ubutumwa wasanga muri Hoseya 4:6 bugira buti

Ubwoko bwanje burimbuwe buzize kutagira ubwenge. Ubwo uretse ubwenge, nanje nzakureka we kumbera umutambyi. Ubwo wibagiwe amategeko y’imana yawe, nanje nzibagirwa abana bawe.  Hoseya 4:6 –

Iki gitabo kigizwe n’ibipande bitatu bikubiye ku makaratasi 123 (pages 123); igice ca mbere kiravuga hejuru y’impanda, ica kabiri kiravuga hejuru yo Gusenga guhindura ibintu, ica gatatu kivuga hejuru y’intambara ya nyuma.

Ico gitabo yacise Imbuzi, maze acandika abifashijwemo na Bishop Kiraga Dieudonne ndetse na Pasteur Joseph Ndagiro.

Murindangabo akaba abarizwa mw’itorero rya Blessing Church riherereye i Rubavu, mu ntara y’iburengarazuba bw’u Rwanda.

Kuwifuza iki gitabo yakibona ku mafaranga Rwf 5000. wahamagara kuri izi numero; +250783204354, +250788577795, Cangwa ukaba wakwohereza ubutumwa ubicishije kuri e-mail ya murindapaul2@gmail.com.

Tegera ubutumwa bwe mu mashusho:

Murindangabo Rwinikiza Paul, uburira ubwoko bw’Abanyamurenge…

 

Igitabo ce n’uku kizaba kimeze, ku bantu bashaka kukigura…

 

Murindangabo Rwinikiza Paul, ubwo yamurikaga igitabo ce…

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here