BIBOGOBOGO, MUTAMBALA-Abaturage ba bibogobogo barasaba leta kubegera, ibi babitangarije itangazamakuru rya Imurenge news Agency (INA) ubgo twabasuraga.
Nkuko abaturage babidutangarije, ibibazo aba baturage bafite ni byinshi ariko muri bimwe byingenzi harimwo; kubura amasomo, amazi meza, kubura ibarabara, ndetse n’ibitaro.
Umuyobozi wabo, Mujonga Bisogo, yemeza ayo makuru. Akavuga ko abantu bagipfira mu nzira bari kunda babuze ukuntu bagera ku bitaro, abanafunzi bakigira m’utururi tw’ihene no munsi y’ibiti.
Aba baturage ntibiyumvisha ukuntu bafite ibibazo bingana gutya bafite imvukire za Bibogobogo zigerera ibikuru. Gusa kubgabo basanga ntakindi cakorwa usibye leta kuba yababa hafi.
Kurikirana mu mashusho uko byari byifashe ubgo twasuraga abaturage ba Bibogobogo.
Ibi bibazo nubgo biremereye gusa ntago babyisangije bonyine, hirya no hino mu gihugu haracagaragara icuho c’ibikorwaremezo bidashika m’uturere twitaruriye amavile.