Perezida Trump avugako Amerika yubaha Afurika n’abayiyoboye

0
115

WASHINGTON, USA –  Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemejeko igihugu ciwe c’ubaha abanyafurika.Ibi bikubiye mw’ibaruwa yandikiye abayobozi ba Afrika.

Ibi bibaye nyuma y’iinga rimwe gusa amakuru acicibikana avugako Trump yavuze ijambo rituka Afrika.

Iyi baruwa yandtse ku munsi wakane, yoherejwe abakuru b’ibihugu bya Afrika bateraniye mu nama ya 30 y’ubumwe bwa Afrika irikubera i Addis Abeba muri Etiyopiya kuririno yinga ndetse nuyu munsi wakazirimwe .

Trump yatangajeko umunyamabanga wa leta ya Amerika, Rex Tillerson ashobora kuzagenderera umugabane wa Afrika mu kwezi kwa gatatu, urugendo rwe rwambere azabakoze kuvaho ashinzwe inshingano yimigendaranire ya Amerika nandi mabanga.

Abadipulomate batandukanye babanyamerika bemeje ko iyi baruwa yoherejwe abakuru b’ibihugu bya Afrika.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here