GOMA, CONGO – Ku minsi 30/11/2017 mumuji wa Goma abaturage bazindutse mumyigaragambyo basaba prezida Kabila kuva k’ubutegetsi.
Isaha imwe ya mugitondo, police y’igihugu yagerageje kurasa hejuru y’imira aba abaturage gukora iyi myigaragambyo bo mumuji wa Goma (North Kivu).
Police yarinze gukoresha imyitsi iryana mumaso kugira ngo bimire aba baturage. Kurubu, umutekano urasa numaze kuboneka kuko abantu batangiye kugenda mumabarabara.

Ababyeyi benshi birinze kohereza abana babo kumasomo kubera gutinya umutekano wabo.

Tubibutse ko ku umunsi w’ejo amaradiyo aribwo yatangaje ko hari abaturage bamashije gukora iyi myigaragambyo mumuji hagati. Radiyo nkuru yo mumuji wa Goma yari yatangaje ko iyi myigaragambyo ishobora gutangira ku isaha zitatu za mugitondo.