Mw’ijoro ryanagatatu mu gicuku buca ari nakane ku minsi 3/1/2018, muri ahitwa mu Gitumba muri segiteri ya Nganja, igurupema ya Basikalangwa muri zone ya Fizi.
Amakuru ava mu baturage avugako uyu mubyeyi yari mu nzuye n’umuhungu we haza abantu bitwaje ibirwanisho babinjirana kuza mu byumba aho baribaryamye batangira kubarasa.
Ntabwo ababagizi ba nabi bigeze basahura .Nyakwigendera wapfanye n’umuhungu we yarazwi kwizina rya Mulabwe Kinga.
Kugeza ubu abakoze aya mahano ntabwo baramenyekana.