NEW YORK, USA – Ibarabara riherereye mu muji wa New York muri Amerika, rigiye kwitirirwa umunyafurika ukomoka muri Ghana ufite ubwenegihugu bwa leta zunze ubumwe za Amerika.
Uyu musore wimyaka 28 witwaga
, yitabye Imana ku minsi 13/1/2018 ubwo yageragezaga kurokora abantu mu nkongi y’umuriro wariwafashe amwe mu mazu abamo abantu ahitwa Belmont.yakoreraga igisirikare ca Amerika ariko akaba yaritabye Imana ari mu karuhuko kakakazi iwe mu rugo .
Nubwo Emma nuel yitabye Imana, yasize arokoye abantu bane bakaba bararokots eiyi nkongi y’umuriro ariko iwe akahasiga ubuzima .