Umunyafurika agiye kwitirirwa ibarabara muri Amerika

0
176

NEW YORK, USA –  Ibarabara riherereye mu muji wa New York muri Amerika, rigiye kwitirirwa umunyafurika ukomoka muri Ghana ufite ubwenegihugu bwa leta zunze ubumwe za Amerika.

Uyu musore wimyaka 28 witwaga Emmanuel Mensah, yitabye Imana ku minsi 13/1/2018 ubwo yageragezaga kurokora  abantu mu nkongi y’umuriro wariwafashe amwe mu mazu abamo abantu ahitwa Belmont.

Emmanuel Mensah yakoreraga igisirikare ca Amerika ariko akaba yaritabye Imana ari mu karuhuko kakakazi iwe mu rugo .

Nubwo Emma nuel yitabye Imana, yasize arokoye abantu bane bakaba bararokots eiyi nkongi y’umuriro ariko iwe akahasiga ubuzima .

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here