MINEMBWE, CONGO – Ku minsi 03/09/2018 nibwo umwaka w’amasomo watangiye hose muri Congo. Umwaka utangiye mugihe mukarere k’i Ndondo abantu bari mubibazo bitandukanye mu buryo n’abanafunzi batabashijye gutangirana umwaka kuko benshi bahunze intambara.
Kuko tubikesha umuyobozi wa instutit Ilundu, yagize ati:
Inkunga y’amasengesho irakenewe rwose
aho nikuri institut Ilundu rimwe mu mashuri akunze kwakira abanyeshuri batari bake bava ku Ndondo. Usanga abana benshi bibaza uko bizagenda mu kuronka amafaranga yo kwishura amasomo, rero tukaba dusaba abatera nkunga kugira ngo badutere inkunga. – Prefet Harera Joseph –
Prefet Harera yarangije yifuriza aba banafunzi umwaka mwiza w’amasomo.


