KINSHASA, CONGO – Ku minsi 11/11/2017 biravugwa yuko abagore batari bake batangiye gukora imyitozo ya karateka kubwo kwirinda gufatwa kungufu.
Republika Iharanira Demokrasi ya Congo iri mubihugu bivugwa kutubahiriza ikiremwa muntu kuko ngo abagore benshi bagiye bafatwa kungufu.
Mu kuru dukesha ikinyamakuru Al Jazeera, biravugwa yuko umubare munini w’abagiye bakora aya mahano ari imitwe yitwaje imbunda. Haba mubihe by’intambara cangwe se zidahari, iki caha co gufata abagore kungufu kigenda kigaragara muturere dutandukanye muri Congo.
Mumuji wa Bukavu haravugwa amasomo yatangiye kwigisha abagore imicezo ya Karateka kugira ngo bazaje birindira umutekano mugihe bagiye gufatwa kungufu. Biravugwa yuko abagore benshi biyandikishije kuri aya masomo kugira ngo bahashe iyi ngeso yo gufata kungufu.
Reba Video: