KINSHASA, CONGO – Kuva ku minsi 24/01/2019 Félix Tshisekedi agirwa umukuru w’igihugu ca Congo ntarashiraho guverinema ye nsha kandi mukwezi kwa gatatu gushize yariyavuzeko bagiye kutangira ibiganiro kugirango bashireho guverinema nshansha.
Uku gutinda gushiraho iyi guverinema bikaba bikomejye kuvugwaho ugutandukanye n’abantu benshi aho bamwe bavuga yuko harimo ama société civiles n’ibyama bitandukanye batashimye iki cemezo.
Maître Jean -Claude Katende, coordinateur w’ishira hamwe Nyafrika ryita ku kiremwa muntu (association africaine des droits de l’homme) “ASADHO” avugako igihugu kiri mumazi abira ati: “ntituzi aho igihugu cyerekeza kuko nta guverinema irashigwa ho, ntibaratangaza na ministre w’intebe, nta mutegetsi n’umwe uravuga impanvu”.
Cap pour me changement (CACH) iyobowe na Président Félix Tshisekedi nayo ntifite benshi mu bashinga mateka (parlementaire), minisitiri agomba kuva muruhande rwa Front Commun pour le Congo “FCC” iyobowe na Joseph Kabila, uherutse kuva kubutegetsi. Abagize uyu muryango wa FCC bavugako bahaye Joseph Kabila izina rya minisitiri w’intebe ariko kugeza ubu ntibazi icyatumwe Perezida Felix atamutangaza.
STEVE Kivuata, umwe mu bantu bari bashigikiye umukandida wese watambuka igihe cya matora ya Congo ya baye kuminsi 30/12/2018. Martin Fayulu we avugako kwiba amajwi y’amatora ariyo yabaye imbogamizi yo kudatangaza guverinema nsha, doreko kugeza kuri none Martin Fayulu avugako akanama gashinzwe amatora “CENI” ndetse n’inteko nshiga mategeko batangajye nabi ibyavuye mu matora; gusa Steve we avugako gusubira mumatora ariyo nzira imwe rukumbi yo gukura igihugu mumwijima.
Ese wowe urabona itangaza ry’amatora muri Republika Iharanira Demokrasi ya Congo riteze gusubira mo?