BUKAVU,SUD-KIVU – Ku munsi wa none nakazirimwe mu masaa kenda, i Bukavu mu muhana mukuru wiyi ntara habayeho umuhango wo gutaha ivugururwa ry’ibiro bya guverineri w’intara.
Byari Ibyishimo kubona guverineri ahabwa ifunguzo zibiro bye mu maboko,société innov Congo sarl yavuguruye ibyo biro bya gouvernorat niyo yashikirije Nyamugabo imfunguzo za biro ye.
Mumagambo ye nakanyamuneza guverineri yashimiye iyi société, ashimira cane abaturage mukwishura imisoro neza byabahesheje gushobora aka kazi, ngo nibyiza kubona yarabanje gukorera muri hôtel akiza ,aja munzu ya leta nyuma none agiye mu biro bye ati bizanyorohera gukorana hamwe na cabinet yanje.
Tubamenyesheko iyi nzu kuva 1960 ntiyigeze ukorerwa kuvugururwa kungana gutya.Ubusanzwe guverineri yakoreraga ahatandukanye na cabinet ye kuko yarapanze ahandi mu gihe bavugururwaga iyi nyubako.
Hagataho guverineri Nyamugabo yaboneyeho umwanya wo kugira icavuga ku baminisitiri bagize leta ye bagicumbitse mu nyubako zimwe na zimwe za leta, Nyamugabo yijeje aba bayoboziko vuba inyubako yabo bazakoreramo izubakwa.
Tubibutseko iyi nyubako yahawe guverineri uyu munsi izakoreramo iwe na guverineri wungirije ndetse na cabinet ye .
birabaje kubona umukuru wintara nta office yarafite niyo bamuhaye bamuhangitse intara yakagomye kubaka inyubako nziza kandi igezweho