Inka zishika kuri 500 zanyazwe i Nganji

2
157

SUD KIVU, FIZI – Abarwanyi ba Mai Mai banyanze inka zigera kuri 500 inganji. Amakuru dukesha peresida w’abarozi bari Kasanga.

Uyu muyobozi avuga ko kuri aka Gatanu, Aborozi bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, banyazwe inka n’abarwanyi ba Mai Mai mu karere k’inganji, Teritware ya Fizi.

Zimwe muri zo nka zanyanzwe harimo ibibuga by’inka za  by’abagabo bashika kuri bane (4). Perizida w’aborozi b’i Kasanga, bwana Mulindi Alexis, avuga ko bamenyesheje abasirikare ba babwira ko bagiye kuzikurikira. Tuzakomeza tubakurikiranire aya makuru.

Zimwe mu nka zanyazwe n’inyeshamba za Mai Mai i Nganji…

2 COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here