KIGALI, RWANDA – Ku minsi 17/04/2019 Rwandair, indege y’Urwanda yahagurutse i Kigali yerekeza i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Iyi ndege igiye kuzaja ikorera ingendo zitatu (3) buri yinga nkuko tubikesha urubuga http://www.ukwezi.com.
Hari haciye imyaka itari mike ibi bihugu byombi bitavuga rumwe bitewe n’imikorere ya politike kuko hahoraga ho ndyame hagati yabyo. Nyuma yaho Perezida Felix Tshisekedi agiye k’ubutegetsi urugendo rwe rwambere yakoze rwari mu gihugu ca Kenya, nyuma yaho gato nibwo yaje kwerekeza mu gihugu c’Urwanda aho yari yagiye kuzura umubazo wari warashize hagati y’ibi bihugu byombi. Uru rugendo rwa Perezida Felix nubwo rutavuzwe ho neza na benshi, kuri none imbaga ya bamwe mu baturage b’ibi bihugu byombi barishimira kuba ibi bihugu byongeye kugira ubusabane nkubwo mu minsi yo hambere.

Tubibutse yuko iyi ndege, Rwandair yahagurutse i Kigali mugitondo ca none n’Agatatu itwaye abagenzi bashika ku 120 ahanini bivugwa yuko harimo abacuruzi ndetse n’abandi bagenzi bifuza gutemberera umuji wa Kinshasa. Uru nirwo rugendo rwa mbere sosiyete y’u Rwanda ishinzwe igendo zo mu kirere itangiye kuva uyu mwaka w’i 2019 utangiye.
Nkuko tubikesha urubuga http://www.ukwezi.com bivugwa yuko igiye ndege igiye kuzaja ikora ingendo ziva i Kigali yerekeza i Kinshasa ku minsi ndakuka; iminsi yatangajwe y’izi ngendo ni n’Agatatu, n’Agatanu na n’Iyinga, iminsi itatu mu iyinga.
