Prezida Mnangagwa wa Zimbabwe yarahiye kuzayobora iki gihugu no kuzayobora neza.

0
137

HARARE, ZIMBABWE – Ku minsi 24/11/2017 Prezida musha wa Zimbabwe, Mnangagwa yarahiye imbere y’imbaga y’abantu n’abakuru b’ibihugu bitandukanye ku isi. Perezida Mnangagwa yavuze ko ariwe wasubiriye uwahoze ari Perezida Robert Mugabe.

Mw’ijambo rye, perezida Mnangagwa yavuze ko Mugabe bakoranye neza mu gisirikare no muri politike.

 

Emmerson Mnangagwa wasubiriye perezida Mugabe…

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here