PRETORIA, RSA – Hashingiwe kw’Itangazo ryanyujijwe ku imurenge.com ku minsi 25/12/2017, ryatangaga amahirwe kub’akoranabushake ba BGNYL (Banyamulenge Global Network Youth League), kur’ubu abagiye kuyobora abandi bamenyekanye.
Banyamulenge Global Network, ariryo huriro rihuje imiryango y’Abanyamulenge kw’isi arinaryo ryateguye aya matora yo gushaka urubyiruko ruzakorana nayo, irashima cane abasore batanze candidatures zabo.
BGN kandi Kubera ivugako kubera ubwinshi n’ubwiza bgamabaruwa yakiriwe ntibyari byoroshe guhitamo abahize aband bityo bakaba basaba ko abatagiriwe amahirwe yo kuyobora BGNYL ibitekerezo n’inama zabo zikaba zikenewe mu kubaka umuryango.
Mu nyandiko yashikirijwe Imurenge.com , BGN yateguye ayamatora yavuzeko ingingo zikurikira arizo zagendeweho kugirango batoranye abagiye kuyobora iri huriro ry’urubyiruko kw’isi: Ubunyangamugayo n’ubufura, uburambe, ubushake no kugira ubushobozi bgo guhanga, no kuba ubyiyumvamo.
Intambwe nziza yatewe nuko bgambere mu mateka GBN yahaye amahirwe abari n’abategarugori, urwandiko ruriho ababashije gutsinda aya matora rwatugezeho rukaba rugaragaza ko abakobwa babashije kwitabira aya matora, ibi bikaba bitanga icizere cane mw’iteramber ry’umuryango.
Hakurikijwe indangagaciro zavuzwe haruguru, akanama ka BGN gashinzwe guhitamo kemeje aba bakurikira nk’abayobozi ba BGNYL (Transition y’imyaka ibiri (2 years)):
President: Munezero Claude (Matito)
Vice President: Yvette Umwamikazi
General Secretary: Alexis Manyota
Treasurer: Christian Cyubahiro
Advisors
Estelle Kanyana Ruhimbika
James Musore (IT),
Héritier Bagaza
Innovation: Tresor Nkurunziza
Gender: Imelde uwase & Nyambo Muhizi
Umuco: Serugo Aimable & Danny Mugabe
Media: Elvis Kivis Ruhanama & Humure Mbasha
Umunyamabanga nshingwa bikorwa wa BGN bwana Cleophas NGANIRE, yabwiye Imurenge.com ko urwego bayoboye rwishimiye cane iyi ntambwe ko bafitiye icizere abayobiozi batowe ndetseko bagiye kurushaho gukora neza bashingiye ku mbaraga babonye nsha zurubyiruko.