Abimukira bagera kuri 90 bahitanwe munyanja muri Libya, batatu barokotse…

0
173

TRIPOLI, LIBYA – Harokotse abantu batatu mu bwato bwari butwaye abimukira bakomoka Libya. Ubu bwato bwari butwawe n’abanya Pakistani.

Kuri none igihugu ca Libya kimaze igihe kitari gito kivugwa ho kugurisha abimukira ndetse binavugwa ko iki gihugu ari yo nzira yonyine abimukira banyura mo berekeza m’Uburaya baciye munyanja, aho bakoresha amato.

Nubwo bitaramenyekana neza icateye iyi mpanuka yahitanye abantu 90, abarokotse muri buno bwato bavuga ko ubu bwato bwazamye bitewe n’ibiro byinshi bw’abantu bwari butwaye. Nkuko bisanzwe, aba bimukira bagenda ari benshi cane aho usanga barenze umubare w’ibiro ubwato bugenewe gutwara, bityo ugasanga biteje impanuka.

Babiri bashoboye kwoga bagera ku nkombe y’inyanja, mu gihe uwa gatatu we yatowe n’ubwato bw’abarobyi.

 

Imirambo yindi igera kuri 90 nayo yaje kuboneka ku nkombe y’inyanja yitwa Zuwara muri Libya.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here