Azarias Ruberwa Manywa niwe wayoboye amasengesho yo gusengera igihugu.

0
138
Azarias Ruberwa Manywa, wayoboye aya masengesho.

KINSHASA, CONGO – Niposho ku minsi 11/11/2017  mumuji wa Kinshasa bamwe mubayobozi bakomeye barimo Azarias Ruberwa Manywa, wigeze kuba icegera c’umukuru w’igihugu, b’itabiriye amasengesho yo gusengera amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe imwaka utaha wa 2018.

Aya masengesho yabaye kuncuro ya 13, i Kinshasa, kuri Pullman Grand Hotel, yahujije abayobozi bakomeye batandukanye barimo aba ministres n’aba deputes ndetse biravugwa yuko hari harimo bamwe mubandi bayobozi b’ibihugu bya Afrika n’ibindi by’iburaya na Amerika.

Azarias Ruberwa Manywa, wayoboye aya masengesho.

Iki gitaramo c’amasengesho categuwe na Minister wa Decentralization, Azarias Ruberwa Manywa. Yaboneye ko gutumira abandi bayobozi bagenzi be kugira ngo bashobore gusaba Umwami Yesu Kristo kuzayobora amatora yimirije kandi kugira ngo amahoro aboneke mugihugu.

Mw’isengesho rye yasabye Imana guha abanyekogo urukundo, amahoro n’umutekano ndetse no kwita kubabanyi babo. Yakomeje ashimira abantu batari bake bitabiriye iki gitaramo c’amasengesho.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here