Minembwe: Barasabwa kwicha Imbwa zose zidakingiwe indwara yibisazi

1
121

MINEMBWE, SUD-KIVU:- Nyuma yaho  murakarere ka Minembwe  hagiye hagaragara Imbwa n’Imbwebwe zasaze maze zikarya abantu,  ibiro bishinzwe ubworozi muraka karere bwatanze itegeko  ko Imbwa zose zihabwa urukingo “vaccin”  kandi idahawe urwo rukingo ikichwa.

Nakazirimwe kuminsi 10 ukwezi kwa biri umwaka wa 2020, munyamakuru wa Imurenge.com, yegereye umwe muburozi b’Imbwa uzwi cyane mukarere ka Minembwe utuye mumuhana wokukabingo  kwa Mufunga maze avugako yishimiye cyane iryotegeko doreko we iritegeko  ryasanze yaramaze guha imbwa ye umuti avugako buri gihe cyose mukarere harintambara, imbwa zikarya abantu kumisozi ninka bizitera gusara.

Yongeyeho ko Kuva yatangira gutunga imbwa mumwaka wa 1957 yagiye abona  ah’Imbwa zisara ndetse n’Imbwebwe zikirukana abantu uwo zifashe zikamurya.

Umuganga mukuru wibitaro bya Minembwe Docteur  Kinyungu Reine avugako mwiyinga rimwe gusa  bakiriye abarwayi bane bariwe n’Imbwa zasaze  ndetse umwe yariwe n’Imbwebwe uyu akaba yaratumwe IBukavu kubitaro.

Incha bwenge nyinshi zaganiriye n’Imurenge .com, zavuzeko burigihe har’intambara mukarere Imbwa zirwara ibisazi, basabako kugirango abantu birinde ingaruka zokuribwa n’Imbwa aruko bazikingiza iyindwara yibisazi,izidakingiwe zikichwa.

Bigabo Bigirumwami umukozi  wa komine Minembwe avugako aringobwa kwicha Imbwa yose ibonetse hanze nkuko zirimukurya abantu namatungo mugihe zarwaye  ibisazi “rage” mugifaransa.

 

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here