Mu Minembwe indwara zikomeje kwibasira abaturage

0
151

MINEMBWE,SUD-KIVU- Indwara nka Marariya ,Inzoka yokwiruka,Ruvutura,na Sida ,nizimwe mundwara zikomejye kwibasira abaturage bivuriza kuri Bitaro byitorero rya Gaturika Materdei biri mu Madegu centre.

Mukiganiro yakoranye n’Imurenge .com uyumunsi wakazirimwe iminsi 20 ukwezi kwa mbere umwaka 2020 bwana Damiyano Kosima ukuriye ibi Bitaro avugako ikibitera ahanini arukubura isuku kubuzima bwabo ndetse bamwe muribo bakora imibonano mbuza bitsina batikingiye arinayo mpanvu Sida izamurizi ndwara.

Uyumuganga yasabye abaturage batuye mu Madegu hagati ndetse nindi mihana yohafi nibi Bitaro yokwirinda indwara zose zishobora kubangamira ubuzima bwabo.

Bwana Damiyano yirinze gutangaza icyaricyo cyose kubijyanye nindwara ya Sida ndoreko i centre ya Madegu ituyemo
Indwara ya Marariya niyo yarikunze cyane kuboneka muri Bitaro ariko uyumwaka ushize bakireye abagwayi benshi barwaye zimwe muriziriya ndwara twavuze.

Yarangijye asaba ubufasha kumiryango mpuza mahanga nka MSF,kubafasha kugirango bite kubuzima bwaba baturage.

Faustin Byiringiro 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here