Nyuma y’iminsi ine baburiwe irengero, abantu 5 nibo bakuwe munsi y’umusozi wari wakundutse ubwo bimbaga inoro…

0
142

KIGALI, RWANDA – Hari hashize imine ine abantu bane baburiwe irengero mu gihugu c’u Rwanda nyuma yo gukundukirwa n’umusozi ubwo bimbaga inoro mu karere k’i Rwamagana.

Bakimara gukundukirwa n’uyu musozi leta y’u Rwanda yakoze uko byakabaye kugira ngo ibashe gukura aba bantu munsi y’uwo musozi kuko hakekwaga ko bashobora kuba bakiri bazima. None ku minsi 03/04/2018 nibwo abari bashinzwe gutabara aba bakundukiwe n’uyu musozi barokoye abantu bane kandi bose bavuyemo ari bazima.

Nyuma yo kuva munsi y’uyu musozi wakundutse, biravugwa ko bakuwe mo bafite intege nke bitewe no kutishaganya ndetse no kutabona aho bahumekera ubwo bari munsi y’ibi bikunduke.

Bakimara kuva munsi y’uyu musozi bahise bajanwa kwa muganga aho mukarere k’i Rwamagana aho bakomeje kwitabwa ho n’abaganga batandukanye kugira ngo bashobore kugarura intege.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here