Mu gihe harihagishakishwa imirambo yabana babairi batwawe na nuruzi rwa Rwiko, kugeza ubu umwe niwe wabonetse ku munsi wejo wakazirimwe ku minsi 5/3/2018.
Sauveur umurambowe watowe n’umugenzi watambukaga anyuze kuri Rwiko ku munsi wejo ahagana mumasaha ya sakumi zumugoroba.
Mugenzi wacu uri mu Minembwe avugako umurambo wundi mwana utaraboneka kugeza ubu ariko abaturage bo ku Kbingo bakaba bakiriko bashakisha.
Amaziko ya Sauveur yabaye kuri aka kabiri 6/3/2018 iwabo ku Kabingo muri segiteri ya Lulenge, teritwari ya Fizi.
Tubibutseko ibi biterwa ahanini nuko ibi bikorwa remezo nk’ibiraro bitubakiye bityo iyo habayeho kuzura kuruzi akenshi usanga rutwara abantu .