Yishe mushiki we amutemye ijosi.

0
187
Ifoto – Google

BUKAVU, CONGO –  Ibintu bigoye kumva ariko kandi byashobotse, umusore yishe mushiki we bava inda imwe akoreshje imbugita.

Ubu bugizi bwa nabi bwabereye ahitwa Muhungu mu muji wa Bukavu,kuri kano kabiri ku munsi 7/11/2017.

Amakuru dukesha bamwe mu baturanyi bavugako byaba byaraturutse ku bintu basigiwe na nyina witabye Imana mu mwaka w’2014. Uyu mwicanyi ngo yashakaga kugurisha bimwe mu mirage basigiwe na nyina ariko mushikiwe akabyitambika.

Uyu muhungu wimyaka 37 yamavuko yatawe muri yombi ku munsi wejo n’inzego zishinzwe umutekano zimusanze aho yariyihishe.

Amkuru ava mu baturanyi yemezako bapfuye umurage basigiwe na nyina, umukobwa wishwe wimyaka isaga 30 yamavuko yitambikaga buri gihe musazawe Babo igihe yashakaga kugurisha bimwe mu byo baribatunze,bityo musazawe ahitamo kumwica.

Kugeza ubu Babo ari mu maboko y’igipilisi c’igihugu.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here