Akarere kubuvuzi ka Minembwe kahawe infashanyo y’imiti kuva muri Amerika

1
194

MINEMBWE,SUD-KIVU:- Ibiro bikuru byakarere kubuvuzi  ka Minembwe “BCZS” byashikirijwe kumugaragaro infashanyo yimiti kuva muri reta zunzubumwe za amerika kuraka kane iminsi 19.12.2019.

Iyimiti ikaba yarashitse mu Minembwe kuva nagatatu kuminsi 18.12.2019 biciye kundege nkuko byavuzwe na réverand pasteur Rusingizwa Bitebetebe imbere y’imbaga yabantu benshi biganjyemo abaganga nabakozi bibi biro,  yavuzeko iyinkunga yavuye mumaboko yabana bato kandi binvukire zakarere ka Minembwe barimwo umuririmbyi rurangiranwa Misigaro Gentil na Adela.

Uyumunsi byaribyishimo birenze kubuyobozi bwibi biro byubuvuzi bwakarere ka Minembwe, umunyamakuru wacu yaganiriye nushinzwe imiyoborere “AG” wa BCZS bwana Ruvusha Charles maze amubwirako kuruhande rwabo babise abatera nkunga kandi ko arabanyeshaka ritangajye kandi rikomeye kukarere kabo ,kurubu ngo ibo nkabita kubuzima bwabantu baribafite ikibazo gikomeye cyokubura imiti nkuko iyo bari bafite nka zone de santé yarimaze gushira ,yashimiye kandi bwana kenny kuva hanze wajye kubashikiriza iyimiti ngo kino kintu ni kinini cyane ntiyobona uburyo akavuga muriki gihe  akarere kaminembwe gafite ibibazo bimeze gutya haba kumirire ,ubuvuzi nibindi byose bijyanye nimibereho yumuntu kuba aribo bafashe iyambere berekanye umutima wishaka.

Muriyi miti harimo ivura ama Urutorero, ifasha abantu kugarura amaraso nindi myinshi nkuko bwana ruvusha yabitugejyejyeho yongeyeho ko ibo nka BCZS bagiye kugaburira ama centre de santé imiti kugirango ikomeze ifashe byimazeyo abaturage bakarere kaminembwe.

1 COMMENT

  1. Mwebwe nta bwenge rwose, ikinyamakuru cyanyu kijyaho inkuru imwe mu kwezi mwazibuze koko? nkubu mu Bubiligi habaye manifestation [Imyigaragambyo] yamagana ubwicanyi bukorerwa abanyamulenge ntayo mwakoze, none murakora inkuru ku Inka zibwe koko? Poor mind

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here