Ibihugu bya Korea byombi mu mishikirano yo guhagarika intambara hagati yabyo…

0
230

KOREA – Hari haciye igihe kitari gito ibihugu bya Korea zombi bitavuga rumwe aho byahoraga muntambara. Nubwo ibi bihugu byombi byahoraga bitungana intoki, nta wakekaga ko ibi bihugu byombi bishobora guhuza.

Kim Jong Un asinya ibyemejwe mu nama y’amahoro…

Ku minsi 27/04/2018 nibwo abayobozi b’ibi bihugu byombo bya Korea bahuriye mu nama y’amahoro yahujije abakuru b’ibi bihugu byombi. Muri iyi nama yahuje ibi bihugu byombi, Perezida wa Korea ya ruguru, Kim Jong Un, yavuze ko  ari nta mpamvu n’imwe ihari yotuma ibi bihugu byombi bya Korea bitumvikana. Yanashimiye cane iyi ngingo y’amahoro.

Perezida wa Korea y’epfo, Moon Jae-in nawe yashimiye iyi nama y’amahoro. Yavuze ko ibi bihugu bibiri byari bikwiye kuba igihugu kimwe kuko byo garagaza urukundo n’umuvukano mwiza.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here