Ikibazo c’inyubako congeye kugarukwaho mu giterane ngarukamwaka c’ishuli ryisumbuye rya 8eme CEPAC, Institut Minembwe.

0
155
Abayobozi bakuru baka ari nabo bashitsi bakuru bir’ishuli

Ishuli ryisumbuye ryo Kurunundu rya 8eme CEPAC,Insitut Minembwe bakunze kwita Lycee, ryakoze igiterane ngarukamwaka nkuko bisanzwe kur’aka kabiri k’uyu munsi.

Intumbero nyamukuru kwari ugushima imana kuba yarabarinze mur’uyu mwaka w’amashuli ushize wa 2017-2018.

Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru rya imurenge.com bagaragaje impungenge baterwa n’inyubako ziryo shuri, inyubako babona ko zitajanye n’igihe. Umunyamakuru yegereye umuyobozi w’iki kigo maze amubaza niba yoba azi iby’iki kibazo, mu magambo make yavuze ko bagize iminsi bacigaho kandi ko barimo bagishakira umutimi.

Nubgo hari impungenge k’unyubako zir’ishuli, abanafunzi n’ababyeyi babo barishimira uburezi iri shuli ritanga.

Nguko uko byari byifashe mu mafoto.

Ubgo barimo basenga bashimira Imana
Nubgo hari hari izuba ntago byabujije abanafunzi kwitabira ico gikorwa
Umuhango waranzwe no kuramye no guhimbaza imana

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here