MINEMBWE, SUD-KIVU – Mugihe abantu benshi bahoraga bifuza kuronka imashini (machines) zo gusatura impahwa ariko bikabagora kubona, uyu munsi haravugwa amakuru meza yuko izi mashini zamaze kugera mu Minembwe.

Mbere yo kugura izi mashini zibanza gupimwa n’abazigurisha kugira ngo bemeze abaguzi bazo ko zikora neza kandi zidafite ikibazo na kimwe, kuko benshi mu baguzi hari igihe bagira amakenga bakibwira yuko izi mashini zishobora kugira ibibazo mugihe bamaze kuzigura.
Biravugwa yuko ziimwe mu mpamvu zatumye abacuruzi b’izi mashini baja kuzirangura ngo nuko abantu benshi bavaga mu Minembwe bakaja kuzishakira Uvira, Bukavu ndetse ngo hakaba n’igihe bamara kuzigura basanga zidakora neza nkuko babyifuza. Ibi ngo byatumye ikompanyi igurisha izi mashini mu Minembwe yifuza gufasha no korohereza abaturage bo mu Minembwe mu kubageza ku itera mbere.

Mugihe wifuza kuronka, kugura cangwese ubusobanuro buhagije ku bijanye n’uko wobona izi mashini; uri mu Minembwe ushobora guhamagara uwitwa Kabatiza, ku nimero ye ya telephone ngendanwa 0819294756