Minembwe: Umuyobozi wa porisi yahinduwe ariko abaturage ntibabyishimiye

0
98

MINEMBWE, SUD-KIVU:-  Colonel  Kalenga lwango mwenda Thierry niwe muyobozi musha wigiporisi mukarere ka Minembwe, ibirori byoguhana ububasha  kumugaragaro byabaye uyumunsi wakabiri iminsi 18 ukwezi kwa kabiri umwaka 2020 kubiro bikuru byigiporisi mu Madegu.

Kalenga akab’atsimbuye major Muyoboke ndigidja Jean Eric warufit’izinshingano kuva 2016.
Gusa gutsimburwa kwe ntikwanejeje abaturage bakarere ka Minembwe ibi biragaragara murwandiko bandikiye  General Nundwa uyoboye itsinda ryabayobozi bigiporisi kuva mwi ville y’Ibukavu na Kinshasa.

Aba bamusaba ko yakwitonda bakabanza bakabashakira amahoro numutekano nkuko aribyo byingenzi,  bamwe muribo baganiriye n’Imurenge.com bavugako batishimiye nagato ibyakozwe nabo bayobozi nkuko bashaka amahoro kurutakumvako bahinduye abayobozi, général ngo abasubizako atarinshingano zabo.

Ibi birori byakorewe ahatagaragara nkuko byatunguye abantu benshi ndetse nitangazamakuru ryakarere ntiryemerewe kugera muribyo birori.

Umwe mubayobozi bagakondo yaganiriye na Imurenge.com maze avugako  ikichemezo chigiporisi kitabashimishimishije.

Twibutseko uwatsimbuye major Muyoboke yajav’Ikinshasa ariko ntachavuzwe kubijanye nabo Muyoboke agiye  gukorera.

Ikomborwa rya major Muyoboke Eric rije nyuma yiyinga rimwe habonetse  kutumvikana hagati yabaporisi nabasirikare ninyuma yuko umusirikare wa  FARDC yahohoteye umuporisi arakubitwa chane ibi bikaba byarazanye umwuka mubi hagati yizi nzego.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here