Ntaco umutima unshinja, narakoze bananirwa ku jera (gérer): Kamanzi Kibibi

0
156

MADEGU, MINEMBWE – Mu kiganironiro yahaye  umunyamakuru wa INA (Imurenge News Agency) kuri kano Kane iminsi 13, Kamanzi umaze iminsi muri politike yavuzeko hari byinshi yakoreye akarere ka Minembwe ariko bananirwa kubifata neza.

Aha Kamazi yavuze ko yakoze umushinga w’inzu y’imiti y’inka (Pharmacie vétérinaire), kugirango Minembwe izireka kugorwa no kujya gushaka iyo miti kure, cane ko hariho n’ibibazo by’inzira.

Yagize ati: “nazanye imiti ya valeur (agaciro)itabarika, nzanira aborozi hano, nkora amashirahamwe y’aborozi, mbazanira imiti, icakora bananiwe  ku jera iyo miti, sinababgiraga ngo bazayishure kandi yari iya mafaranga menshi,… moi ma conscience est tranquille kuko nabikoze”

Uretse ibyo yakoze Kamanzi wabayeho Minisitiri ibihe bibiri, yagarutse kandi kubyo ateganya gukora mugihe yoba atowe, aho yavuzeko iwe nk’umushingamateka atazokora ibunyuranye n’ibyo ashinzwe gukora,

Kurikira ikiganiro na Kamanzi

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here