Nyakayange Ange na Kibibi Kamanzi bakirijwe impundu mu Minembwe

0
124

MADEGU, MINEMBWE – Bakigera Muminembwe uyu munsi,  Kibibi Kamazi hamwe na Nyakayenge Ange babanje kwakirwa na CPEA wa Minimbwe Gadhi Mukiza wasonabanuriye abaje kubatega ko intego y’uruzinduko rwabo bayizi ari ukwiyamamaza.

Uretse kuba bari mu cama ca PPRD kiri k’ububutegetsi, Kamanzi wiyamamaza k’ubu depite k’urwego rw ‘igihugu ndetse na Nyakayange wiyamamaza k’urwego rw’intara mu karere ka Fizi, ni amazina asanwe azwi mu Minembwe.

Nyuma yo kwakirwa na CPEA, buri wese yagejeje kubari aho ijambo rigufi aho cane babakangurira kuzitabira amatora ndetse banabararikira kuzitabira ibiganiro byabo bazakoresha, ibiganiro bazababwiramwo byinshi bakoreye aka akarere.

 Kurikira ijambo rya Kibibi Kamanzi.

Kibibi Kamanzi wiyamamaza k’umwanya w’ubu depite ku rwego rw’igihugu yabaye Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi mu ntara ya Sud-Kivu anaba ministre w’igihugu wungirije ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi  ari mubagejeje icama ca PPRD mu Minembwe.

Kurikira ijambo rya Nyakayange Ange

Nyakayange Ange Kega wa Kega ukunze kwiyita « Mama ni Mama » afite impamya bumenyi ya licence muri biologie niwe mugore wambere wabayeho umusoda muba  kobwa baba nyamurengekazi ari  kandi mu bakobwa b’imurenge ba mbere barangije  amasomoso ya kaminuza ; mu mirimo yakoze yabaye umusirikare w’igihugu, umwarimu w’amasomo ndetse na administrateur wo mubijombo mugihe ca  RDC, ubu ni umujyanama mu biro bya Minisitiri ushinzwe abasomo yo hasi, amakuru n’ayi myuga mu ntara ya Sud-Kivu.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here