MADRID, ESPAGNE – Mu kiganiro na radio yitwa Cadena Ser, Sergio Ramos umwe mu bakina inyuma hagati mu ikipe ya Real Madrid, yavuze yeruyeko ahora atekereza cyane kuri Neymar.
Sergio Ramos ntiyatinyutse no gusaba Neymar ko yamusanga muri real ya Zinedine Zidane muri mercato yu kwezi kwa mbere.

Nifuza gukinana nabakinyi babahanga barimo Neymar, ni umwe mu bakinyi babahanga dufite kwisi uyu munsi..arabyerekana muri PSG – Sergio Ramos –
Uyu myugariro wa Real Madrid yavuze ko byaba byiza Neymar atekereje kuva muri PSG akaza muri Real aho kuja muri Barcelona. Ramos yabwiye Cadena Ser ko Neymar ari umukinyi wihariye kandi wumuhanga buri wese yifuza gukinana nawe.
Mu kinguriye umuryango ngo aze muri Real nubwo abafaransa baba badashaka kumurekura – Sergio Ramos –
_________
– Gira Ico Uvuze –
[democracy id=”current”]