Umucamanza mukuru wa Walungu arasabwa kwegura

0
207

WALUNGU, KUMINSI 09-11-2019: – Ishirahamwe ry’abishize hamwe kubwo guharanira akazoza kuri bose << Reseau des Citoyens pour un Avenir à tous>> ryatangije gahunda kuminsi 7/11/2019 yokweguza umucamanza wa Walungu .

Iyi gahunda yiswe << opération procureur de Walungu dégage>> ni mumugambi wokugaragaza guhohoterwa kw’abaturage gukorwa nuyu Mucamanza w’Iwalungu nkuko bivugwa n’umuyobozi wiri shirahwamwe bwana Marcelin Bacilemba.

Iri shirahamwe rirarega uyu mucamanza w’Iwalungu kutubahiriza amategeko agenga ifatwa n’ifungwa ryabaturage bomuraka karere.

Umuyobozi wiri shirahamwe akomeza avuga ko uyu mucamanza yohereza imitahe wogufata noguhita bafunga abantu atavuze igisabwa kugira ngo babashe kurekurwa.

Atanga urugero kw’ihagarikwa ry’umunyamakuru Berky Ntanama w’iradio Bulangane hamwe <<nirementanya >>ryakorewe Didier Bashizi.

Marcelin Bacilemba akomeza avuga ko ubutabera bw’iwalungu budakwiriye abacamanza nkaba basa nkaho bakorera kunyungu zundi muntu kubw’impamvu zo guhungabanya umugambi w’iterambere w’Ibugweshe.

Kubwibyo akaba ahamagararira urubyiruko, abaturage ndetse nabahurikiye mumashirahamwe adaharanira inyungu za politike hamwe naba avoka ndetse n’abavugizi gushigikira uyu mugambi kugeza beguje abagize ubutabera bw’iwalungu .

Abajijwe kubwibyo aregwa yavuzeko ntanakimwe yiyagiriza muribyo byose ahubwo akora umurimo we yisunze amategeko . Bwana Carlos yavuze ko ibyo akora byose atanyuranya n’inshingano ze kandi abikora yisunze amategeko y’igihugu.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here