LEMERA, SUD-KIVU – Umuntu umwe niwe wishwe n’inyeshamba za mai mai kuri aga gatatu ku minsi 14/2/2018, ubu bigizi bwa nabi bwabereye mu misozi y’i Lemera mu Rurambo.
Nyakwigendera yitwaga pasiteri Musabwa Bishonda akaba yarasiwe mu biraro bye ahitwa mu Kigushu uja mu Rurambo.