RWANDA, MUSANZE – Kuri rino posho ku minsi 10/3/2018, Urubyiruko rugize ABIRA FOUNDATION rwahuriye mu kabumbu k’ubusabane hagati yabo n’umuryango Isooko ishamyi rya INES Musanze.
Uyu mukino wateguwe mu rwego rwo kurushaho kongera ubusabane hagati yabagize Abira Foundation n’indi miryango.

Nyuma yaho uru rubyiruko rukoze igikorwa c’indashikirwa co gusura no gufasha impunzi zibarizwa mu Nkambi ya Nyabiheke mu gihugu c’urwanda, uyu munsi rwahisemo gusabana nabagenzi babo babarizwa mu muryango Isooko INES.
Uyu mukino warugamije gusabana ndetse no kurushaho kuganira ibyabateza imbere, wabaye ku gica munsi carino posho ndetse abaturage ba Musanze bakaba bawitabiriye ari benshi doreko hari ku munsi wakaruhuko.kutab9rwa cane n’abaturage batuye kariya gace.

Umukino warangiye Isooko Ines ibashije kuraza Abira Foundation ibirazo 4-3.

Abira Foundation n’abasore bari ahantu hatandukanye kwisi bishize hamwe mu rwego rwo gushigikirana ariko kandi bakaba barangwa cane n’ibikorwa bya kigabo byo gufasha no gutabara abatishoboye.
Tubamenyeshoko Abira Foundation ari umuryango ubarizwamo abasore babahungu gusa,kugeza ubu ntabakobwa barakirwa muri uyu muryango .
Aba basore nabagabo canee
Bakomereze aho ibyiza biri imbere