Urubyiruko rugize Abira Foundation mu mukino w’ubusabane n’Isooko Ines Musanze

1
149

RWANDA, MUSANZE  – Kuri rino posho ku minsi 10/3/2018, Urubyiruko rugize ABIRA FOUNDATION rwahuriye mu kabumbu k’ubusabane hagati yabo n’umuryango Isooko ishamyi rya INES Musanze.

Uyu mukino wateguwe mu rwego rwo kurushaho kongera ubusabane hagati yabagize Abira Foundation n’indi miryango.

Isooko Ines Fc

  Nyuma yaho uru rubyiruko rukoze igikorwa c’indashikirwa co gusura no gufasha impunzi zibarizwa mu Nkambi ya Nyabiheke mu gihugu c’urwanda, uyu munsi rwahisemo gusabana nabagenzi babo babarizwa mu muryango Isooko INES.

Uyu mukino warugamije gusabana ndetse no kurushaho kuganira ibyabateza imbere, wabaye ku gica munsi carino posho ndetse abaturage ba Musanze bakaba bawitabiriye ari benshi doreko hari ku munsi wakaruhuko.kutab9rwa cane n’abaturage batuye kariya gace.

Abira foundation bishusha mbere yumukino

Umukino warangiye Isooko Ines ibashije kuraza Abira Foundation ibirazo 4-3.

Abira foundation nyuma yumukino

Abira Foundation n’abasore bari ahantu hatandukanye kwisi bishize hamwe mu rwego rwo gushigikirana ariko kandi bakaba barangwa cane n’ibikorwa bya kigabo byo gufasha no gutabara abatishoboye.

Tubamenyeshoko  Abira Foundation ari umuryango ubarizwamo abasore babahungu gusa,kugeza ubu ntabakobwa barakirwa muri uyu muryango .

 

 

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here