
BUKAVU – Imyaka umunani irashize (8 years)Intwari Major Kagigi atabarutse. Intwari Kagigi ni imwe muntwari zasize amateka akomeye Imurnge ndetse no muri Congo yose. Major Kagigi yarangwa ga n’ubufura ndetse akaba n’inyangamugayo. Raka ntiyokoreye ubwoko gusa, ahubwo yitangiye igihugu ndetse ntiyakundaga kubona akarengane.
Tubibutse yuko Nyakwigendera Major Kagigi yatabarutse kuminsi 11/10/2009 azize abanzi b’amahoro, abanzi b’igihugu.
Intwari Major yakoreye igihugu mugihe kitari gito reka ndetse yanitangiye n’ubwoko cane. Major yarashwe ubwo yaravuye mukazi aho yakoreraga aje gusura umuryango we aho warutuye i Bukavu.
– Muminsi muke , Imurenge.com turaza kubageza ho ubuzima bwa Major Kagigi ndetse tugiye kuzaza tunabageza ho n’imirimo izindi ntwari zagiye zikorera ubwoko ndetse n’igihugu cya Congo.