LEMERA, SUD-KIVU:Abantu bagera kuri 3 bashimuswe n’abantu bataramenyekana kuri aka Kaneku minsi 15/8/2019 ahitwa ku Bwegera .
Nk’uko yabibwiye Imurenge.com , Kiza Ruzibira , ise wumwe muri abo batatu bashimuswe , ngo bafashwe bavuye Uvira aho basanzwe bakora akazi kokudandaza hagati ya Uvira na Bukavu, yakomeje abwira mugenzi wacu ko babafashe bari mu modoka yavaga Uvira ija Bukavu bafatirwa ku Bwegera ahagana kwisaha zitanu zamanywa.
Abo bagizi ba nabi baribitwaje ibirwanisho , ntabwo bigeze bajana imodoka aba basore baribarimo doreko kugeze ubu iyi modoka ifitwe n’ingabo za FARDC zikorera muri kariya gace .
Ruzibira asaba leta kongera umutekano mu kibaya ca Rusizi , yanavuze kandiko ntabushobozi bwamafaranga ibihumbi 7 by’idorali yabona kugirango abashe gucungura umuhungu we uri mubafashwe mateka.
Kugeza ubu nkuko yabibwiye mugenzi wacu , aba bagizi ba nabi nibo bafite telephone zabano basore .
Tubibutseko abafashwe mateka ari abantu ba 3 barimo numushoferi wiyi modoka baribatwaye.